Wednesday, March 7, 2012

Kuguza Amafaranga mu Ibigo Biciritise By'Inguzanyo

Ibi bigo, bifite imikorere mibi, ariko bifite uruhare mu bukungu bwacu bukizamuka, ibi bigo bitanga inguzanyoy’amafaranga make ku Bantu badafite icyo batanga nk’ingwate. Biraboneka kandi ushobora kubona inguzanyo igihe cyose uyikeneye. Iki ni kimwe mubibazo by’ibi bigo kuko abaturage bihutira kuguza ngo bagure ibintu bishya cyangwa bagere no kuzindi ntego, kuko byoroshye kubikora. Wibuke ko n’ubwo ibi bigo bizakora byose ngo ubone inguzanyo, ngo ndetse ube gafaranga, ntabwo ari akazi kabo kukubuza kugura iyo nyakiramashisho ihenze, kuguza amafaranga muri ibi bigo, bishobora guhenda kuko nntibafite imicungire imwe.

Related Posts by Categories



No comments:

Post a Comment