Wednesday, March 7, 2012

Imikoranire na za banki ubwizigame

Imikoreshereze y’ubwizigame : Ushobora kugira ubwizigame mu mafaranga, uba ukiyafiteho uburenganzira iyo ushaka kuyakoresha, biragusaba kugira ikarita kugira ngo ubashe kugera ku bwizigame.

SHEKI :

Uzagira agatabo ka Sheki mu kwishyura sheik yishyura bitewe n’ubwzigame, kandi iyi igira umumaro cyane mu by’amabanki, uzita cyane kuri Sheki kandi ntukandike ibyo ubonye byose kuri aka gatabo, iyo ufite agatabo ka Sheki, ushobora kwaka inguzanyo, biragusaba kuvuga amafaranga arenze ayo wari ufite, kugira ngo ugere ku yindi iyenga inguzanyo zigira izindi ngaruka zihambaye tuzirinde rero.

UKO BIKORWA :

Ugomba kuzuza umubre kugira ngo ufungure ubwizigame, biragusaba gutanga iminsi 32 cyangwa 60 kugira ngo ubare uhereye ku bwizigame, ubu ni ubwizigame bwiza ku gihembwe gito, kuko ntiwaka amafaranga bikoroheye kandi yabyazamo ibyiza.

UBWIZIGAME BUHAMYE :

Ubu nabwo busaba ingengo ishyitse, bizasaba ko ushobora kwaka amafaranga nyuma y’igihe cyagenwe, buri gihe amezi 12 cyangwa 24. uzabyishimira, bizatuma ubwizigame buba bwiza mu gihembwe hagati.

UBUFATANYE MU BWIZIGAME :

Ibi bigaragra iyo abantu benshi bishyize hamwe, bakabitsa amafaranga muri rusange.

INGUZANYO MU RUGO :

Aya n’amafaranga Banki ikuguriza ku bwawe ukazayishyura mu myaka myinshi, akenshi nka 20, ukazungukira Banki.

Related Posts by Categories



No comments:

Post a Comment