Wednesday, March 7, 2012

Tanga ubwishyu buri kwezi


Iyo wishyuriye igihe, ayo makuru yiyerekana kuri raporo y’inguzanyo yawe, niba ubuze ubwishyu, uzagira ubwishyu bukererewe ndetse bigaragare kuri ya raporo na none. Iyo raporo iragukurikirana aho wajya hose, kabone n’ubwo waba ugiye kugua ku bw’ishuri, imodoka, inzu ndetse no gutangira imikorere bwite. Niba ufite ikarita y’inguzanyo wiyigendana igihe ugiye guhaha, keretse niba uziko uri buyikoreshe kandi ugire ingengo kuri yo, kugendana iyi karita byoroshya mu ikoresha ry’amafaranga utateganyije.

GUSABA INGUZANYO
Iyo usaba inguzanyo, hari ibibazo unaka ubazwa. Uguriza akubaza, uberyo ubibona, igihe umaze ku kazi, ndetse n’ingwate ufite. Ibisubizo byawe kuri raporo, bizabafasha kwemeza, ubruyo baguhamo inguzanyo, ukeneye nawe kwibaza ibibazo bike. Kuki ukeneye inguzanyo ? ese ushoboye kuyishyura buri kwezi ? niba wamaze kubona inguzanyo, ukeneye indi ? kubona ibisubizo by’ibibazo mbere yo kubona iyi nguzanyo, ni ingenzi ?
INGANO
Ubu ni uburyo uzabazwa bw’ubwishyu, uguriza azaba yifuza kumenya nibura niba uzaba ugifite ka kazi mu gihe cy’umwaka, bazamenya kandi ikigereranyo cy’ibihe byawe bitandukanye.
INGWATE
Ubwizigame bwawe n’imicungire yabwo bizakoreshwa mu gucunga inguzanyo, ibi kandi birareba ingwate. Abaguriza bareba kdni ububike ndetse n’icyo ushyizemo. Bareba kandi n’imicungie yawe y’amafaranga. Bake mu baguriza rimwe na rimwe bareba aho ubwishyu buzaturuka.
IMITERERE
Ubu buryo bureba imyitwarire usanganywe mu kwishyura, niba ufite amateka meza mu nguzanyo, kandi ukaba wishyurira igihe, uba ufitiwe icyizere mu kubona indi nguzanyo nshya.

Related Posts by Categories



No comments:

Post a Comment